UKwamamaza Ivanjiri kutagira umupaka 

1.

Urukundo rw’Imana ruhamagara buri umwe wese muri twe ku giti ke.

 

2.

Buri muntu, mu bwigenge bwe, ahitamo uburyo bwo kwakira urwo rukundo maze agasubirisha ubuzima bwe .

3.

Urwo rukundo n’izo mpuhwe birakiza, birahindura kandi bitera imbaraga.


4.

Ntabwo twifuza kandi ntitugomba kubyiharira twebwe ubwacu.

(Papa Benedigito XVI)

5.

Niyo mpamvu dushyira ubuzima bwacu mu biganza by’Imana tukabwegurira IYAMAMAZABUTUMWA. 


6.

Mu kigo dutuyemo, dusabira abantu bose batagisenga,  badashobora gusenga,  cg buri wese udafite igihe cyo gusenga.

7.

Tubaho mu buzima bworoheje kandi ducecetse, aho urukundo Imana ikunda abantu rwigaragariza mu muryango.


8.

Umugambi wacu ni umwe, guha Imana icyubahiro, no kuzanira isi amizero.

Dushinga ikirenge mu cy‘abasekuruza bacu, mu kirenge cya mutagatifu Benedigito, n’icyabasokuru bacu b‘abacisterciens.

© 2017 Hermanas de Claraval. All rights reserved

Impressum